Nyuma Y'umwiherero wadufashije kwinjira muri Y' ubile Abanyeshuri barishimira
uburyo bacyeye mu mutima no kuri roho
bakanashimira Padiri umubyeyi wabo basaba ko yakongera iminsi y'umwiherero
ikava kuri ibiri ikaba byibuze itatu nundi umwe wo kwidagadura basabana. kandi barasaba ko hajya habonekamo n abayobozi b' ishuri .
umwiherero w' abanyeshuri muri gsndp cyanika
Saturday, August 12, 2017
Wednesday, July 26, 2017
UMWIHERERO W’UMUNSI WA KABIRI TALIKI 26/07/2017
UMWIHERERO W’UMUNSI WA KABIRI TALIKI 26/07/2017
–Ubusasaridoti bwa cyami : ubusasaridoti bw ababatijwe bose
-Ubusasaridoti nyobozi –ubupadiri,ubudiyakoni n’ubwepisikopi
Imirimo 3 y’ ubusasaridoti
-Kuyobora
-Kwigisha
-Gutagatifuza
Nyuma y’ inyigisho twahawe na padiri hakurikiyeho igikorwa cy’urukundo (gutwara amatafari )
Gusingiza Imana n'ijambo rya Padili umuyobozi w ikigo Gusubira mu masezerano ya Rendez-vous pre-Vacances 2017Inyigisho ya Padiri umuyobozi y ikigo :
Isomo :UBUSASARIDOTI :–Ubusasaridoti bwa cyami : ubusasaridoti bw ababatijwe bose
-Ubusasaridoti nyobozi –ubupadiri,ubudiyakoni n’ubwepisikopi
Imirimo 3 y’ ubusasaridoti
-Kuyobora
-Kwigisha
-Gutagatifuza
Nyuma y’ inyigisho twahawe na padiri hakurikiyeho igikorwa cy’urukundo (gutwara amatafari )
Luka1:49 "Ushobora byose yankoreye ibitangaza izina rye ni ritagatifu"
Tuesday, July 25, 2017
Nyuma y'inyigisho ya mbere twahawe na “Marie Margareth”
Nyuma y'inyigisho ya mbere twahawe na “Marie Margareth”, hakurikiyeho
inyigisho zo mu ma CARREFOUR : ayo ma carrefour akaba ariyo :“ICT”, “VOCATION” na “SEXUALITE”.
Inyigisho zo mu ma carefour ni inyigisho
abanyeshuri bahabwa mu matsinda agiye
atandukanye bakazihabwa bitewe n’amatsinda
barimo.
Nyuma y'inyigisho zo mu ma Carrefour , hakurikiyeho gufungura n
ikiruhuko kugera saa munani .
Igice cya mbere cy’umunsi wa mbere w’umwiherero kiba kirarangiye.
Nyuma yo gufungura , Igice cya kabiri cy’umwiherero w’umunsi
wa mbere kimaze gutangira ,abanyeshuri bakomereje mu ma Carrefour yabo
kugirango hasubizwe ibibazo kandi abanyeshuri babashe no kubaza ibibazo
bitandukanye bagiye bafite ku nyigisho bahawe.
Nyuma yo gusubiza ibibazo mu ma Carrefour , hakurikiyeho Missa Ntagatifu , abanyeshuri ubu bakaba bari gukurikirana Missa kuri Paluwasi ya Cyanika .
UMWIHERERO NGARUKIRAMANA(Rendez-Vous Pre-Vacances) MURI GSNDP CYANIKA USOZA IGIHEMBWE CYA KABIRI CY’ UMWAKA W’AMASHURI WA 2017 UKABA WAMAZE GUTANGIRA
INSANGANYAMATSIKO Y’ UMWIHERERO Kuwa 25-26 NYAKANGA 2017
Matayo 14 :34-36
Hakaba habanje ijambo ryo kwakira no gutanga ikaze ku bashyitsi , Ijambo ry’ikaze ryatanzwe na Anne Marie wari uhagarariye Padiri umuyobozi w ikigo.
Nyuma yo guha abashyitsi ikaze Hakurikiyeho kwiga no gufata indirimbo ya Rendez-Vous Pre-Vacances yitwa “My God is so big and so strong and so mighty song” na Drama .
Nyuma dukurikijeho gufata inyigisho.
reba amafoto n'indirimbo y'umwiherero
Monday, July 24, 2017
le 25/07/2017 umwiherero w' abanyeshuri muri GSNDP Cyanika uje ku twinjiza muri yubile y' imyaka 25 ikigo cyitiriwe umwami kazi w'amahoro cyimaze gishizwe insaganyamatsiko yiyo yubile iragira iti: " NYAGASANI UDAFITE UBUHANGA BUGUTURUKAHO NTACYO YABA ARI CYO" umwiherero ugiye gutangira . ibindi bisobanuro mwasura site y' ikigo here!!!
"kuko ibyo yankoreye ari agatangaza izina rye ni ritagatifu"
uyu mwiherero ubanziriza yubile y imyaka 25 notre dame imaze ishizwe uje kwinjiza abanyeshuri muri yubile izahimbazwa le 02/09/2017
Subscribe to:
Posts (Atom)